Musomyi,
Ntabwo iki gitabo cyandikiwe kutumenyesha ko muri iyi si hariho icyaha, ibyago n’ubuhanya. Ibyo dusanzwe tubizi neza. Ntabwo cyandikiwe kutumenyesha ko nta huriro riri hagati y’umucyo n’umwijima, icyaha n’ubutungane, ukuri n’ibinyoma, ndetse no hagati y’urupfu n’ubugingo. Ibyo turabizi neza mu mitima yacu, kandi tuzi ko iyo ntambara tuyirimo kandi tuyihoramo.
Iki Gitabo kiboneka aha hakurikira https://m.egwwritings.org/rw/book/13878.12#13
Ntabwo iki gitabo cyandikiwe kutumenyesha ko muri iyi si hariho icyaha, ibyago n’ubuhanya. Ibyo dusanzwe tubizi neza. Ntabwo cyandikiwe kutumenyesha ko nta huriro riri hagati y’umucyo n’umwijima, icyaha n’ubutungane, ukuri n’ibinyoma, ndetse no hagati y’urupfu n’ubugingo. Ibyo turabizi neza mu mitima yacu, kandi tuzi ko iyo ntambara tuyirimo kandi tuyihoramo.
Iki Gitabo kiboneka aha hakurikira https://m.egwwritings.org/rw/book/13878.12#13